Uko wahagera

Abareganwa na Paul Rusesabagina Bose Bamaze Kwiregura


Paul Rusesabagina wikuye mu rubanza rwe
Paul Rusesabagina wikuye mu rubanza rwe

Mu Rwanda, urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka, rwashoje kumva ubwiregure bw’abaregwa mu rubanza rwa Paul Rusesabagina uko ari 20.

Mukandutiye Angelina w'imyaka 70 wahoze ashinzwe amashuri muri Nyarugenge, mu mugi wa Kigali ni we mugore umwe rukumbi uri muri uru rubanza. Yemereye urukiko ko yagize uruhare mu byaha bibiri aregwa.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika uri i Kigali mu Rwanda, Assumpta Kaboyi yakurikiranye iby'uru rubanza. Byumve mu ijwi rye hano munsi.

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:24 0:00


Facebook Forum

XS
SM
MD
LG