Uko wahagera

Amakuru mu Gitondo


Amakuru mu Gitondo
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:59 0:00

Bill Clinton wigeze kuyobora Leta zunze ubumwe z’Amerika ni we wagenwe kuzayobora intumwa z’icyo gihugu mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.Mu Bufransa umugabo n’umugore bakatiwe igifungo cy’umwaka umwe gisubitse kubera gutunga injangwe 160 n’ibwa 7

XS
SM
MD
LG