Uko wahagera

Murisanga


Murisanga
please wait
Embed

No media source currently available

0:00 0:59:56 0:00

Mu Rwanda minisiteri y'ubuzima iratangaza ko indwara ya Sida yongeye kuba icyorezo mu rubyiruko. Imibare ishyirwa hanze n'iyi minisiteri igaragaza ko ubwandu bushya bwa Sida bugaragarira mu rubyiruko ruri hagati y'imyaka 15 na 24. Ni byo twagarutseho muri Murisanga uyu munsi.

XS
SM
MD
LG