Muri Kongo mu mujyi wa Uvira baramukiye mu myigaragambyo yo kwamagana u Rwanda na M23. Ubufaransa bwasabye u Rwanda guhagarika gutera inkunga umutwe wa M23 muri Kongo. Muri Gineya agatsiko ka gisirikare kari ku butegetsi kasheshe guverinema. Kugeza ubu, impamvu y’iryo seswa ntizirasobanuka.
Ibyiciro
-
26-07-2024
Amakuru ku Mugoroba
-
25-07-2024
Amakuru ku Mugoroba
-
24-07-2024
Amakuru ku Mugoroba
-
23-07-2024
Amakuru ku Mugoroba
-
22-07-2024
Amakuru ku Mugoroba
-
19-07-2024
Amakuru ku Mugoroba