Uko wahagera

Amakuru ku Mugoroba


Amakuru ku Mugoroba
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:57 0:00

Abasirikare babiri b’Afrika y’Epfo bari mu ngabo za SADC bishwe n'igisasu hafi y'umujyi wa Goma muri Kongo. Mu banyamakuru bishwe bari mu kazi muri 2023, abarenga 70 % ni Abanyapalestina. Inama y'umuryango w'ubumwe bw'Afrika izaganira ku buryo umugabane wavuga rikumvikana mu ruhando rw’amahanga. .

XS
SM
MD
LG