Urwanda rwifatanije n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya icyorezo cya Sida. Inzego zinyuranye zahuriye hamwe zireba aho zigejeje mu kurwanya icyorezo cya SIDA.
Ikigo cy’igihugu gishizwe ubuzima RBC, kivuga ko kugeza ubu mu Rwanda ubwandu bwa Virus itera SIDA bugeze kuri 3 ku ijana, ni kuvuga ko abaturage bagera ku 210,000 babana na Virus itera SIDA.
Umva inkuru irambuye hano hepfo mu ijwi ry’umunyamakuru Assumpta Kaboyi
Forum