Abantu barenga 20 baguye mu myigaragambyo abandi benshi bataramenyekana barakomereka mu mujyi wa Goma.
Iyi myigaragambyo yatangiye mu gitondo kare aho abakristu bagize urusengero rwa Wazalendu basaba ko ingabo z'umuryango w'abibumbye n'iza EAC zava muri Kongo.
Abashinzwe umutekano bafashe abarenga 145 mu bigaragambyaga, urusengero rwabo ruratwikwa, ndetse na radio yabo irasahurwa.
Abanyamakuru nabo bahutajwe n'inzego z'umutekano ubwo bakoraga akazi kabo
Iyi umubare yatangajwe n'ubuyobozi bw'umujyi wa Goma.
Forum