Uko wahagera

Rwanda: Bamwe mu Banyarubavu Barasaba Ubutabera Butarobanura


Icyicaro cy'Akarere ka Rubavu
Icyicaro cy'Akarere ka Rubavu

Mu karere ka Rubavu mu Burengerazuba bw’u Rwanda, umuryango wa Nsabimana Ntabarimfasha Ildephonse ukekwaho icyaha cyo kwica ariko we atemera, urasaba ubutabera kumurenganura.

Uwo Ndabarimfasha ufungiye ubwicanyi akomoka mu kagari ka Mucinyiro, umurenge wa Mudende. Arashinjwa kwica Faustin Ndabarinze wari Burugumestri w’icyahoze ari Komine Mutura muri 1994 n’umugore we. Uyu nyakwigendera, ni se wa Madamu Uwacu Julienne wabaye Depite, Ministri w’umuco na Siporo ndetse ubu akaba ari umuyobozi muri Ministeri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu.

Madamu Uwacu Julienne avuga ko n’ubwo se yari umuhutu, yishwe azira ko yari yarashakanye na nyina w’umututsikazi.

Umunyamakuru Gloria Tuyishime yakurikiranye iyi nkuru mu mizi.

Bategereje ubutabera muri Rubavu.mp3
please wait

No media source currently available

0:00 0:08:37 0:00

Forum

XS
SM
MD
LG