Mu Rwanda, itsinda ry’abanyeshuli bo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Musanze i Busogo ryatangije kubushakashatsi ku gihingwa cy’ishu risanga kidakwiye kuribwa gusa. Kuri ubu batangiye kukibyazamo n’ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye.
Bwana Yves Uwase umwe muri abo banyeshuli ari mu imurikabikorwa ku bikomoka ku buhinzi n’ubworozi ribera kubera i Kigali.
Mu kiganiro cyihariye kuri mikoro y’Ijwi ry’Amerika, aragaruka ku mwihariko bari kumurikira abandi. Kurikira hano hepfo inkuru irambuye mu majwi yateguwe na Eric Bagiruwubusa Kigali mu Rwanda.
Forum