Mu Rwanda, gahunda ya leta yo kwimura abaturage ahantu hafatwa nk’abashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga ntivugwaho rumwe haba ku busobanuro bw’aho hantu, uko bimurwa, igihe bigomba gukorwa n’ibyerekeye ingurane bahabwa.
Mu Rwanda, gahunda ya leta yo kwimura abaturage ahantu hafatwa nk’abashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga ntivugwaho rumwe haba ku busobanuro bw’aho hantu, uko bimurwa, igihe bigomba gukorwa n’ibyerekeye ingurane bahabwa.