Uyu munsi mu kiganiro Murisanga turaganira ku kibazo cy'ubugumba. Umuntu umwe muri batandatu kw’isi hose, ahura n’ikibazo cy’ubugumba, nk’uko ishami rya ONU ryita ku buzima ribivuga. Umutumire ni Muganga Anicet Nzabonimpa uri i Kigali mu Rwanda.
Uyu munsi mu kiganiro Murisanga turaganira ku kibazo cy'ubugumba. Umuntu umwe muri batandatu kw’isi hose, ahura n’ikibazo cy’ubugumba, nk’uko ishami rya ONU ryita ku buzima ribivuga. Umutumire ni Muganga Anicet Nzabonimpa uri i Kigali mu Rwanda.