Uko wahagera

Iwanyu mu ntara


Iwanyu mu ntara
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:56 0:00

Mu Rwanda Abantu barenga 120 bishwe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi. Umushumba wa Kiliziya gatolika Papa Fransisko yafashe icyemezo cyo kwirukana ku murimo wa gisaserdoti Padiri Wenceslas Munyeshyaka. Isi yose yizihiza ku nshuro nya 3 umunsi wahariwe ubwisanzure bw’itangazamakuru.

XS
SM
MD
LG