Uko wahagera

Murisanga


Murisanga
please wait
Embed

No media source currently available

0:00 0:59:56 0:00

Muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, abarokotse babayeyo bate? Benshi bavuga ko bugarijwe n’ibibazo byinshi birimo ubukene bukabije, indwara zidakira, ubumuga, kutagira amacumbi, ihungabana n’ibindi. Ibyo n’ibindi ni byo twibandaho mu kiganiro Murisanga.

XS
SM
MD
LG