Uko wahagera

Amakuru ku Mugoroba


Amakuru ku Mugoroba
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:57 0:00

Leta y'u Rwanda yategetse ko nta bagiro rizongera guha abacuruza inyama zitamaze amasaha 24 muri firigo nyuma yo kubagwa. Perezida w'Uburundi aravuga ko ashobora gukora inoti nshya kugirango abibye amafaranga y’igihugu abahombere. Koreya y’Epfo n’Ubuyapani bazakorana inama yo gutsura umubano.

XS
SM
MD
LG