Uko wahagera

Perezida w’Amerika Joe Biden Aravuga Iki ku Hazaza h’Igihugu Abereye ku Isonga?


Perezida Joe Biden ageza ijambo rye ku nteko ishinga amategeko y'Amerika no ku Banyamerika muri rusange
Perezida Joe Biden ageza ijambo rye ku nteko ishinga amategeko y'Amerika no ku Banyamerika muri rusange

Mu ijambo rye rigaruka k’uko igihugu gihagaze, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden yagaragaje imvugo itanga icyizere n’ukwiyemeza, ashima ibyo yagezeho mu bijyanye n’amategeko n’imirongo ya politiki byashyizweho.

Umukuru w’Amerika kandi yongeye gushimangira aho ahagaze ku guhangana n’Ubushinwa ndetse no ku gushyigikira igihugu cya Ukraine.

Umunyamakuru w'Ijwi ry’Amerika Thémistocles Mutijima aratubwira muri make iby'ingenzi Perezida Joe Biden yavuze.

please wait

No media source currently available

0:00 0:05:51 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG