Leta ya Uganda n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku buzima (OMS) batangaje ko icyorezo cya Ebola cyarangiye muri icyo gihugu;
Ni Nyuma y’Iminsi 42 umuntu wanyuma warwaye iyo ndwara asojhotse mu bitaro kandi kiugeza ubu akaba ari nta wundi wari wongera kuyandura.
Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Ignatius Bahizi yanyarukiye mu karere ka Mubende aho icyorezo cyatangariye agaira n'umusaza wapfushije abantu 8 mu muryango we bazize icyorezo cya Ebola.
Yavuganye kandi n’undi warokotse icyo cyorezo. Kurikira ikiganiro yagiranye na bo bombi hano hepfo.
Facebook Forum