Uko wahagera

Umutwe wa M23 Watangaje ko Utiteguye Gusubira Inyuma


Abarwanyi ba M23
Abarwanyi ba M23

Umutwe w’ingabo za M23 zirwanya ubutegetsi muri Kongo umaze gutangaza ko ko utemera ibyavuye mu nama yaraye ibereye i Loanda muri Angola hagati y’abahagarariye Afurika y’Uburasirazuba, Afurika yuze ubumwe, Kongo n’u Rwanda.

Iryo tangazo risaba uwo mutwe guhagarika imirwano no kuvana ingabo mu bice bigaruriye bagasubira mu birindiro byabo bitarenze umunsi w’ejo bitaba ibyo hagakoreshwa ingufu z’umutwe w’ingabo w’ibihugu by’akarere.

Kurikira ikiganiro umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Geoffrey Mutagoma amaze kuvugana na Bwana Canisius Munyarugero, umuvugizi wungirije mu bya politike w’umutwe wa M23 yatangiye amubaza uko bakiriye ibyo byatangajwe nyuma y’inama y’ejo:

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:35 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG