Mu Rwanda imvura ivanze n'umuyaga yangije imyaka y’abaturage isenya ingo zabo na bimwe mu bikorwa remezo.
Ministeri ishinzwe ibiza ivuga ko uyu muyaga wagaragaye cyane mu turere twa Rwamagana, mu mujyi wa Kigali, mu ntara y’amajyepfo ndetse na Rulindo mu majyaruguru.
Umunyamakuru y’Ijwi ry’Amerika, Assumpta Kaboyi, yakurikiranye iyi nkuru, arabitubwira mu buryo burambuye muri iyi nkuru hano hepfo.
Facebook Forum