Uko wahagera

Rwanda: Imvura na Serwakira Byashenye Amazu Byangiza Ibikorwa Remezo


Umuturage ukura mu muhanda amabati y'inzu yasenywe n'imvura mu mujyi wa Kigali taliki 28-20-2022
Umuturage ukura mu muhanda amabati y'inzu yasenywe n'imvura mu mujyi wa Kigali taliki 28-20-2022

Mu Rwanda imvura ivanze n'umuyaga yangije imyaka y’abaturage isenya ingo zabo na bimwe mu bikorwa remezo.

Ministeri ishinzwe ibiza ivuga ko uyu muyaga wagaragaye cyane mu turere twa Rwamagana, mu mujyi wa Kigali, mu ntara y’amajyepfo ndetse na Rulindo mu majyaruguru.

Umunyamakuru y’Ijwi ry’Amerika, Assumpta Kaboyi, yakurikiranye iyi nkuru, arabitubwira mu buryo burambuye muri iyi nkuru hano hepfo.

please wait

No media source currently available

0:00 0:02:58 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG