Uko wahagera

Rwanda: Mu Burasirazuba Barataka Inzara Kubera Amapfa


Umwe mu mirima yo mu karere ka Bugesera aho imyaka yumiye mu murima kuber amapfa
Umwe mu mirima yo mu karere ka Bugesera aho imyaka yumiye mu murima kuber amapfa

Mu Rwanda, abaturage bo mu duce tw’intara y’iburasirazuba, barataka inzara nyuma yaho izuba ryinshi rimaze kwangiza imyaka yabo.

Abashinzwe ubuhinzi barakangurira abaturage kuyoboka umuco wo kuhira imyaka kugira ngo hashobore kuboneka umusaruro.

Umunyamakuru w’ijwi ry’Amerika Assumpta Kaboyi yaganiriye na bo ategura inkuru ikurikira:

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:43 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG