Uko wahagera

Iwanyu mu ntara


Iwanyu mu ntara
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:56 0:00

U Rwanda ruvuga ko rutazakomeza kuba urwitwazo rw’ibibazo byo muri Kongo, aho imirwano ikomeje hagati y’ingabo za leta n’iz'umutwe wa M23, cyane ahitwa i Ntamugenga- Uburayi buvuga ko bwakuyeho ibihano wari warafatiye abayobozi b’Uburundi. Ubwongereza bufite minisitiri w’intebe mushya: Richi Sunak.

XS
SM
MD
LG