Mu Burundi, minisitiri w'ubuzima yatanze igitekerezo ko abakiri bato batarubaka batemerewe gukoresha ubuhanga bwo kwirinda gusama inda. Mu Rwanda, abadepite banze umushinga w’itegeko ku buzima bw’imyororokere y’abantu ku bafite imyaka 15 kugera kuri 18. Murabivugaho iki muri Murisanga?