Uko wahagera

Iwanyu mu ntara


Iwanyu mu ntara
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:57 0:00

Perezida Yoweri Museveni, yemeza ko ibikorwa bya gisirikare bihuriweho n’ingabo z’ibigihugu bya EAC bizagarura amahoro muri Kongo.I Minembwe, umunyeshuli w’imyaka 14 yishwe n’umusirikare w’ingabo z’igihugu.Mu Rwanda, abajya kwivuza indwara zo mu mutwe biyongereyeho abarenga 20,000 uyu mwaka

XS
SM
MD
LG