Uko wahagera

Bamporiki Yasabiwe Imyaka 20 y'Igifungo n'Ihazabu ya Miliyoni 200


Edouard Bamporiki wari Umunyamabanga wa Leta muri ministeri y'urubyiruko n'umuco mu Rwanda
Edouard Bamporiki wari Umunyamabanga wa Leta muri ministeri y'urubyiruko n'umuco mu Rwanda

Mu Rwanda ubushinjacyaha bwasabiye Edouward Bamporiki wahoze ari umunyabanga wa Leta muri ministeri y’umuco gufungwa imyaka 20 no gutanga ihazabu ya miliyoni 200 z’amafaraga y’u Rwanda.

Bamporiki akurikiranyweho kwakira ruswa. Aburana yemera icyaha agatakambira inzego z'ubucamanza ngo zice inkoni izamba.

Umva uko umunyamakuru w’ijwi ry’Amerika Eric Bagiruwubusa wari mu rukiko abivuganyeho ku murongo wa telefoni na Venuste Nshimiyimaana Londres mu Bwongereza

please wait

No media source currently available

0:00 0:05:13 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG