Uko wahagera

Kenya: Amatora y'Umukuru w'Igihugu Yarangiye Bagiye Kubarura Amajwi


Umupolisi urinze udusanduku tw'amajwi
Umupolisi urinze udusanduku tw'amajwi

Ibiro by'amatora muri Kenya bimaze gufunga hakaba hagiye gukurikiraho igikorwa cyo kubarura amajwi.

Ni igikorwa benshi bemeza ko cyabaye mu mahoro n'ituze. Abakandida baza ku isonga muri aya matora ku mwanya w'umukuru w'igihugu ni Raila Odinga na William Ruto.

Biteganyijwe ko ibyavuye mu matora bizatangira gutanganzwa ku munsi w'ejo.

Mugenzi wacu Eddie Rwema yavuganye n'umunyarwanda Jean Claude Kaburame ukora ubucuruzi muri icyo gihugu akanakurikira politike yacyo, amubwira uko umunsi w'itora wagenze.

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:49 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG