Uko wahagera

Iwanyu mu ntara


Iwanyu mu ntara
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:59 0:00

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari i Luanda muri Angola aho aganira na Perezida wa Kongo Felix Tshisekedi ku byo batemeranyaho ku mutwe wa M23. Barahuzwa na Perezida wa Angola Joao Lorenco. Urukiko rukuru mu Rwanda rwatangiye kuburanisha urubanza rwa Venant Rutunga uregwa ibyaha bya Jenoside.

XS
SM
MD
LG