Uko wahagera

U Rwanda Ruzafungura Imipaka Yarwo n'Uburundi 'Mu Minsi ya Vuba'


Ministri w'Intebe w'u Rwanda Edouard Ngirente (hagati) mu birori byo kwizihiza imyaka 59 Uburundi bubonye ubwigenge
Ministri w'Intebe w'u Rwanda Edouard Ngirente (hagati) mu birori byo kwizihiza imyaka 59 Uburundi bubonye ubwigenge

Leta y’u Rwanda iratangaza ko mu minsi ya vuba izafungura imipaka y’icyo gihugu n’Uburundi.

Ministri w’Intebe Edouard Ngirente yaraye abitangarije abanyamakuru i Kigali mu Rwanda mu kiganiro cyateguwe nyuma y’itangizwa icyiciro cya kabiri cy’ikigega nzahurabukungu.

Icyo kiganiro kandi cyabarijwemo ibibazo byinshi bijyanye n’imiterere y’ubukungu bw’u Rwanda, izamuka ry’ibiciro ku masoko n’imvano yaryo, ndetse n’ibibazo byerekeye ubuvuzi mu baturage.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Assumpta Kaboyi yakurikiranye icyo kiganiro ategura inkuru mushobora kumva mu ijwi rye hano hepfo.

please wait

No media source currently available

0:00 0:03:16 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG