Mu Burundi, umushahara ntugishobora kubeshaho abakozi uko bikwiye, cyane cyane abakozi ba leta.
Ibi biraterwa n'uko ibintu bikenerwa buri munsi mu buzima bwabo birushaho guhenda kandi umushahara bahembwa utiyongera.
Bagaragaje izo mpungenge ku mpunsi mpuzamahanga w’umulimo. Ni inkuru Ijwi ry'Amerika yabateguriye yifashishije abakunzi bayo mu Burundi. Mushobora kuyumva mu ijwi rya Thierryve Ndayishimiye uri i Kigali mu Rwanda.
Facebook Forum