Amakuru yuzuzunya ahamya ko umutwe wa al-Shabaab yishe abasirikare b'Abarundi 30 bari mu ngabo z'Afurika muri Somaliya. Mu Rwanda, urubyiruko rutuye mu mudugudu w’icyitegererezo wa Karama i Nyarugenge mu mujyi wa Kigali ruvuga ko rubangamiwe no kubona icyo gukora cyarufasha kwiteza imbere.
Ibyiciro
-
15-05-2025
Iwanyu mu ntara
-
14-05-2025
Iwanyu mu ntara
-
13-05-2025
Iwanyu mu ntara
-
12-05-2025
Iwanyu mu ntara
-
09-05-2025
Iwanyu mu ntara
-
08-05-2025
Iwanyu mu ntara