Amakuru yuzuzunya ahamya ko umutwe wa al-Shabaab yishe abasirikare b'Abarundi 30 bari mu ngabo z'Afurika muri Somaliya. Mu Rwanda, urubyiruko rutuye mu mudugudu w’icyitegererezo wa Karama i Nyarugenge mu mujyi wa Kigali ruvuga ko rubangamiwe no kubona icyo gukora cyarufasha kwiteza imbere.
Ibyiciro
-
24-04-2024
Iwanyu mu ntara
-
23-04-2024
Iwanyu mu ntara
-
22-04-2024
Iwanyu mu ntara
-
19-04-2024
Iwanyu mu ntara
-
18-04-2024
Iwanyu mu ntara
-
17-04-2024
Iwanyu mu ntara