Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima #OMS rivuga ko mu mwaka wa mbere icyorezo cya Covid 19 kibasiye isi, umubare w’abantu bagira ubwoba n’agahinda kenshi wiyongereye ku rugero rwa 25 ku ijana.
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima #OMS rivuga ko mu mwaka wa mbere icyorezo cya Covid 19 kibasiye isi, umubare w’abantu bagira ubwoba n’agahinda kenshi wiyongereye ku rugero rwa 25 ku ijana.