Guhera kuri uyu wa mbere u Rwanda rwafunguye imipaka yarwo yose yo ku butaka iruhuza n’ibihugu by’ibituranyi. Ni imipaka yari yarafunzwe mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid 19. Gusa hari ibihugu bitahise bifungura, u Rwanda rugasobanura ko icyo ari icyemezo kizafatwa n’ibyo bihugu
Ibyiciro
-
19-04-2024
Amakuru ku Mugoroba
-
18-04-2024
Amakuru ku Mugoroba
-
17-04-2024
Amakuru ku Mugoroba
-
16-04-2024
Amakuru ku Mugoroba
-
15-04-2024
Amakuru ku Mugoroba
-
12-04-2024
Amakuru ku Mugoroba