Hari abantu benshi ku Isi bafite ibibazo byo kubona amazi meza. Ibyo bituma abagiraneza bakora imishinga yo kuyageza ku batayafite. Mu kiganiro Murisanga cy'uyu munsi turaganira na bamwe muri abo bagiraneza.
Hari abantu benshi ku Isi bafite ibibazo byo kubona amazi meza. Ibyo bituma abagiraneza bakora imishinga yo kuyageza ku batayafite. Mu kiganiro Murisanga cy'uyu munsi turaganira na bamwe muri abo bagiraneza.