Uko wahagera

Murisanga


Murisanga
please wait
Embed

No media source currently available

0:00 0:54:55 0:00

Bisaba iki kugira ngo umuntu ashobore kwandika cyangwa ayobore filime ikacyirwa neza ku rwego mpuzamahanga? Iki kibazo n’ibindi kuri sinema Eddie Rwema arabiganiraho muri Murisanga na Joel Karekezi umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda. Karekezi amaze gusohora filime eshatu zimaze guhabwa ibihembo bitandukanye ku rwego mpuzamahanga. Muri zo harimo Mercy of The Jungle yahawe igihembo cya mbere muri sinema mu iserukiramuco rya sinema nyafurika FESPACO mu 2019 muri Burkina Faso. Iyi filime imaze kwerekanwa kandi mu ma serukiramuco mpuzamahanga atandukanye arimo n’irya Toronto muri Canada, rimwe muzikomeye ku isi. Iyi filime iri kandi muri filime zerekanywa mu ndege za sosiyete ya SN Brussels.

XS
SM
MD
LG