Uko wahagera

Amakuru ku Mugoroba


Amakuru ku Mugoroba
please wait

No media source currently available

0:00 0:29:59 0:00

Urwego rw'Ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) rwatangaje ko rwafunze Hakuzimana Abdou Rashid. Uyu mugabo w'Umunyarwanda avuga ko ari umunyapolitiki wigenga. Ishyaka rya Politiki PDP-IMANZI, ryashinzwe na Deo Mushyayidi ufungiye mu Rwanda, uyu munsi kuwa kane ryatangaje ko risheshe imirimo yaryo ya politiki. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ububiligi, Sophie Wilmès aravuga ko Ububiligi buzakomeza kugirana ibiganiro n’u Rwanda ku rubanza rwa Paul Rusabagina. Ni nyuma y'ibiganiro yagiranye na mugenzi we w'u Rwanda Vincent Biruta Kuri uyu wa Kane abayoboke b’ishyaka DALFA Umurinzi ritaremerwa mu Rwanda, n’umunyamakuru TheonesteNsengimana bagejejwe imbere y’urukiko kuburana ku ngingo y’ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.

XS
SM
MD
LG