Kuri uyu wa Kabiri - Mu Rwanda urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko umunyapolitiki Bwana Christopher Kayumba akurikiranwa afunze mu gihe cy’iminsi 30. I Bujumbura mu Burundi kiliziya gatolika n'ishyirahamwe riharanira ubutabera n'amahoro batangije inama yo kwiga ku buryo ubutabera n'amahoro byarushaho kwitabwaho muri icyo gihugu Uburundi, Tanzaniya, Republika ya Demokarasi ya Kongo na Zambiya bigiye gusibura imbibe zabyo mu kiyaga cya Tanganyika. Naho muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo abantu bitwaje intwaro bishe abakozi batatu b'ishyirahamwe International Médical Corps rikorera mu ntara ya Kivu y'Epfo
Ibyiciro
-
01-12-2023
Amakuru ku Mugoroba
-
30-11-2023
Amakuru ku Mugoroba
-
29-11-2023
Amakuru ku Mugoroba
-
28-11-2023
Amakuru ku Mugoroba
-
27-11-2023
Amakuru ku Mugoroba
-
24-11-2023
Amakuru ku Mugoroba