Uko wahagera

Uko mudasobwa yatangiye kwigishwa mu Rwanda


Uko mudasobwa yatangiye kwigishwa mu Rwanda
please wait

No media source currently available

0:00 0:03:19 0:00

Uko muri 1991 byari bimeze hatangira kwigishwa computer mu Rwanda.mp4
Muri iyi minsi aho ikoranabuhanga ryifashishwa mu bintu byinshi computer ari yo bita mudasobwa mu Kinyarwanda ni igikoresho cyifashishwa cyane. Ntirushwa Jean Baptiste ukora muri Kaminuza y'u Rwanda ni umwe mu ba mbere bigishije gukoresha mudasobwa mu Rwanda. Yabitangiye mu mwaka wa 1991. Avuga ko icyo gihe byasabaga imbaraga nyinshi kugira ngo abantu batinyuke kwiga mudasobwa.

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG