Uko wahagera

Imikino Olimpike yo mu Mazi Izakomeza Gutegurwa mu Buyapani


Imyiteguro y'imikino olimpike irakomeje mu Buyapani
Imyiteguro y'imikino olimpike irakomeje mu Buyapani

Abategetsi b’Ubuyapani basubitse imihango yo gufungura ku mugaragaro aho imikino olimpike yo mu mazi yari kuzabera kubera ikwirakwira rya virusi ya corona.

N’ubwo basubitse uwo muhango wari uteganijwe ku itariki ya 22 y’uku kwezi, ministiri ushinzwe gutegura imikino olimpike Seiko Hashimoto yavuze ko kugeza ubu Ubuyapani na komite mpuzamahanga y’imikino olimpike badateganya guhagarika iyo mikino iteganijwe mu kwezi kwa karindwi mu Buyapani.

Ministiri Yamamoto yavuze ko n’ubwo perezida wa Leta zunze ubumwe, Donald Trump, yumvikanye avuga ko iyo mikino ishobora guhagarikwa, kuri bo bakomeje kuyitegura.

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG