Uwahoze akuriye Igipolisi cya Uganda Gen. Kale Kayihura uno munsi yagejejwe imbere y’urukiko rwa gisirikare ashinjwa ibyaha bitatu. Ibyo birimo icyo gufatanya mu gushimuta Impunzi z’abanyarwanda no kuzisubiza mu Rwanda ku ngufu.
Gen. Kayihura yahakanye ibyaha byose, ariko urukiko rwanga kuba rumurekuye by’agateganyo. Umunyamakuru w’ijwi ry'Amerika Ignatius Bahizi uri i Kampala yarari muri urwo rukiko adutegurira iyi nkuru.
Facebook Forum