U Rwanda ruvuga ko rwiteguye guhuza Afurika y’Iburasirazuba n’u Burusiya haba mu bijyanye n’ubukungu na politiki, aho u Rwanda rwemeye kuba nk’umuyoboro w’itumanaho ry’u Burusiya n’ibi bihugu byo mu karere. Ministre Mushikiwabo yabitanjaje mu kiganiro yahaye Itangazamakuru, ari kumwe na mugenzi we w’u Burusiya, Sergey Lavrov, wari mu ruzinduko mu Rwanda.
N’inkuru ya Assumpta Kaboyi, ari i Kigali, mu Rwanda
Facebook Forum