Abanyekongo baba mu nkambi y’impunzi ya Kiziba, mu ntara y’uburengerazuba mu Rwanda, barasaba gufashwa gutaha cyangwa gutuzwa mu kindi gihugu.
Bavuga ko imibereho yabo irushaho kugenda igorana ku buryo bahitamo kuzicwa n'amasasu aho kwicirwa n'inzara mu nkambi. Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Claude Ganza Munyamagana yarabasuye azana iyi nkuru. Tega Amatwi.
Facebook Forum