Abadepite ba Uganda bateranye ingumi n’intebe mu nteko ishinga amategeko.
Abadepite ba Uganda bateranye ingumi n’intebe mu nteko ishinga amategeko. Byatangiye umuyobozi w’inteko amaze kwemerera umwe mu badepite b’ishyaka riri ku butegetsi gusaba isuzuma ry’umushinga wo gukura mu itegekonshinga imyaka y’amavuko umukuru w’igihugu atagomba kurenza. Ivugurura rigamijye gukuraho inzitizi zabuza Perezida Yoweri Museveni kongera kwiyamamaza.
Facebook Forum