Uko wahagera

Kandida Mpayimana Yatangiriye i Nyamata


Kuri uyu munsi abakandida batangiriyeho inikorwa byabo byo kwiyamamariza gutegeka u Rwanda, Umunyamakuru wacu aravuga ko abaturage bomuri ako karere n'ubwo bitabiriye ku mubare wo hasi, bagaragaje inyota yo kumenya uburyo bwana Mpayimana yagira ibyo ahindura mu bibabangamiye

Ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu ku mukandida wigenga Bwana Philippe Mpayimana byatangiriye I Burasirazuba mu karere ka Bugesera. Ijwi ry’Amerika yageze I Nyamata na Gashora mu karere ka Bugesera. Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika mu Rwanda Eric Bagiruwubusa ni we utugezaho iyi nkuru.

please wait
Embed

No media source currently available

0:00 0:05:00 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG