Umuryango w’abibumbye uratabariza igihugu cya Yemen, kubera icyorezo cya Korela cyugarije abatuye iki guhugu kimaze guhitana abasaga 1,700.
Jamie McGoldrick, umuyobozi mu muryango w’abibumbye ushinzwe gukusanyiriza Yemen inkunga, yabwiye itangazamakuru ko kuva ku mu kwezi kwa kane uyu mwaka, hamaze kubarurwa abagera ku 313,000 bafashwe n’iki cyorezo, 1,700 muri bo bakaba baramaze kwitaba Imana.
Leta ya Yeman imaze imyaka igera kuri ibiri iri mu ntambara ziterwa ahanini n’imitwe y’abashihite barwanya ubutegetsi buriho. Izi ntambara zashegeshe iki gihugu kuburyo abagera kuri bibiri bya gatatu byabatuye Yemen batabona amazi meza ndetse no kubona
Facebook Forum