Umuryango wa Salvator NDUWIMANA umaze kubura abana babiri kubera inzara ni umwe mu miryango igera ku bihumbi bitatu imaze ku menyekana ko yugarijwe n’inzara mu ntara ya Bubanza.
Biri uko mugihe abantu bagera kuri cumi na babiri aribo bamaze kumenyekana ko bitavye Imana kubera inzara kuva mu kwezi kwa cumi ko mu mwaka w’ibihumbi bibiri na cumi na gatandatu.