Uko wahagera

Perezida Kagame: Kamarampaka Izambera Kamara


Abanyarwanda bazajya muri Kamarampaka ku itegekonshinga rivuguruye mu cyumweru gitaha. Ababa hanze y’igihu bazatora kuwa kane. Ni ko inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame ubwe, yabyemeje kuwa kabiri tariki ya 8 y'ukwezi kwa 12 mu 2015.

Abari imbere mu gihugu bazatora bukeye bwaho, kuwa gatanu, tariki ya 18 y’uku kwezi. Itegekonshinga rivuguruye ryemejwe ryaba rifunguriye Perezida Paul Kagame amahirwe yo kwiyamamaza kugera mu 2034.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Eric Bagiruwubusa yaganiye n'abanyarwanda bo mu ntara y'amajyepfo ndese n'abatuye mu mujyi wa Kigali, bamubwira uko bumva iyo Kamarampaka.

please wait

No media source currently available

0:00 0:02:55 0:00

XS
SM
MD
LG