gahunda y'itangazamakuru
05:30 - 06:00
Amakuru mu Gitondo
Mu Rwanda, ikigo kizajya kita ku ndwara zo mu mutwe ku buryo bugezweho cyatangiye imirimo. Umuryango w’Afurika yunze ubumwe na Amerika basaba ituze mw’ihembe ry’Afurika. Vatikani irahumuriza nyuma y’uko Papa Fransisko yemereye abapadiri guha umugisha abakundana basangiye ibitsina.
13:00 - 13:30
Iwanyu mu ntara
Mu Rwanda bamwe mu banyapolitiki basaba ko urubuga rwa politiki rwafungurwa bakazajya mu matora ateganijwe uyu mwaka. Vatikani irahumuriza nyuma y’uko Papa Fransisko yemereye abapadiri guha umugisha abakundana basangiye ibitsina. Ubumwe bwa Afurika kimwe n'Amerika basaba ituze mw’ihembe ry’Afurika.