Uko wahagera

Kurahira kwa Perezida w’Amerika muri 2017

Bwana Donald Trump na Michael Pince bazarahirira kuba perezida wa 45 na Visi-Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika kuwa gatanu tariki ya 20 y’ukwezi kwa mbere 2017 ku cyicaro cya Kongre y’Amerika. Manda ya perezida izatangira akimara kurahizwa n’Umukuru w’Urukiko rw’Ikirenga i saa sita z’amanywa kw’isaha ya hano I Washington, DC. Ibirori, imyidagaduro, ndetse n’ibitaramo bya nijoro ni byo bizaba bikwiye mu mujyi wa Washington DC no mu nkengero zawo.

XS
SM
MD
LG