<?xml version="1.0" encoding="UTF-8"?><rss version="2.0" xmlns:atom="http://www.w3.org/2005/Atom">     
    <channel>      
        <title>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika - Voice of America</title>     
        <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/z/7364</link>
        <description>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika</description>
        <image>
            <url>https://www.radiyoyacuvoa.com/Content/responsive/VOA/rw-RW/img/logo.png</url>
            <title>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika - Voice of America</title>
            <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/z/7364</link>
        </image>
        <language>rw</language>
        <copyright>2026 - VOA</copyright>   
        <ttl>60</ttl>        
        <lastBuildDate>Mon, 11 May 2026 17:47:25 +0200</lastBuildDate> 
        <generator>Pangea CMS – VOA</generator>        
        <atom:link href="https://www.radiyoyacuvoa.com/api/z-mjqql-vomx-tperbbqo" rel="self" type="application/rss+xml" />
    		<item>
            <title>Biden Ashyigikiye Icyifuzo Cy&apos;Afurika Cyo Kugira Umwanya Uhoraho Muri Loni</title>
            <description>Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe amaze kwemerera abayobozi b&apos;Afurika ko ashyigikiye ko Afurika igira umwanya uhoraho mu kanama ka Loni gashinzwe umutekano no mw&apos;itsinda ry&apos;bihugu bikize bigize G20.


Yavuze ko Afurika ikwiriye kugira umwanya ku ntebe zose ziganirirwamo ibibazo byugarije isi.


Yabivugiye mu nama ihuje abayobozi b’Afurika n’Amerika ikomeje igeze ku munsi wayo wa nyuma.


Iyi nama iriga ku ruhare rw&apos;Amerika mu gushyigikira icyerekezo cya 2063 cy&apos;Umuryango w&apos;Afurika...</description>
            <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6878086.html</link> 
            <guid>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6878086.html</guid>            
            <pubDate>Thu, 15 Dec 2022 20:39:57 +0200</pubDate>
            <category>Amakuru mu Karere</category><category>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika</category><author> voadigital@voanews.com (Eddie Rwema)</author><enclosure url="https://gdb.voanews.com/09410000-0a00-0242-5a2c-08dade13f1ad_w800_h450.jpg" length="0" type="image/jpeg"/>
        </item>		
        <item>
            <title>Prezida Biden Yijeje Afurika Inkunga Yo Guteza Imbere Ibikorwa Remezo </title>
            <description>Perezida Joe Biden yatangaje ko igihugu cye kigiye gushora imari mu guteza imbere ibikorwa remezo bizafasha guhuza ibihugu bigize umugabane w’Afurika.


Yabivuze ubwo yagezaga ijambo ku bayobozi b’Afurika bateraniye mu mujyi wa Washington mu nama ihuza abayobozi b’Afurika n’Amerika.


Perezida Biden yavuze ko bimwe mu bikorwa bitandukanye Amerika yifuza gushoramo Imari mu minsi iri imbere birimo ubucuruzi n’ishoramari, ikoranabuhanga mu by’ubukungu n’ibikorwa remezo, n’ingufu.


Yabwiye...</description>
            <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6876651.html</link> 
            <guid>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6876651.html</guid>            
            <pubDate>Wed, 14 Dec 2022 23:06:39 +0200</pubDate>
            <category>Amakuru mu Karere</category><category>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika</category><author> voadigital@voanews.com (Eddie Rwema)</author><enclosure url="https://gdb.voanews.com/8517ec68-e3cf-4cad-96c1-836cfd0e75a3_cx0_cy1_cw98_w800_h450.jpg" length="0" type="image/jpeg"/>
        </item>		
        <item>
            <title>Umunsi wa Kabiri w&apos;Inama y&apos;Abayobozi b&apos;Afurika n&apos;Amerika.mp3</title>
            <description></description>
            <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6876155.html</link> 
            <guid>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6876155.html</guid>            
            <pubDate>Wed, 14 Dec 2022 18:08:10 +0200</pubDate>
            <category>Amajwi</category><category>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika</category>
        </item>		
        <item>
            <title>Amerika Ivuga Ko Yiteguye Bidasubirwaho Kongera Imari Ishora Muri Afurika</title>
            <description>Perezida wa Senegal ari nawe uyoboye umuryango w’Afurika yunze ubumwe muri iki gihe yasabye Leta zunze ubumwe z’Amerika kongera uruhare rwayo ku mugabane w’Afurika mu nzego z’ubucuruzi n’ishoramari. Yabivugiye mu nama ihuje Abayobozi b’Afurika n’Amerika iteraniye I Washington DC.


Kuri uyu munsi wa Kabiri w’inama y’abayobozi b’Afurika n’Amerika ibiganiro bya none biribanda ku bucuruzi n’ishoramari ku mugabane w’Afurika. Ibiganiro biribanda ahanini kuri ejo hazaza h&apos;ubucuruzi hagati...</description>
            <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6876154.html</link> 
            <guid>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6876154.html</guid>            
            <pubDate>Wed, 14 Dec 2022 18:07:58 +0200</pubDate>
            <category>Amakuru mu Karere</category><category>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika</category><author> voadigital@voanews.com (Eddie Rwema)</author><enclosure url="https://gdb.voanews.com/e354037a-3cb0-414f-be22-69b4a6452913_w800_h450.jpg" length="0" type="image/jpeg"/>
        </item>		
        <item>
            <title>Afurika Irasaba Gufatwa nk&apos;Urungano Ku Meza y&apos;Ibiganiro n&apos;Amerika</title>
            <description>Umuyobozi w&apos;umuryango w&apos;Afurika yunze ubumwe Mousa Faki Mahamat yasabye Leta zunze ubumwe gufata kimwe ibibazo by&apos;iterabwoba kuko asanga iyo bigeze ku iterabwoba rikorerwa abanyafurika, icyo gihugu kitagaragaza umuhate wo gufasha guhashya icyo kibazo nk&apos;uko kibikora ku bindi bihugu byo hanze y&apos;umugabane w&apos;Afurika.


Yabivugiye mu nama yahuje Abategetsi b&apos;ibihugu by&apos;Afurika byugarijwe n&apos;ibikorwa by&apos;iterabwoba n&apos;abayobozi bakuru ba leta zunze ubumwe z&apos;Amerika. Ni mu nama ihuje abayobozi...</description>
            <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6875555.html</link> 
            <guid>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6875555.html</guid>            
            <pubDate>Wed, 14 Dec 2022 02:44:52 +0200</pubDate>
            <category>Amakuru mu Karere</category><category>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika</category><author> voadigital@voanews.com (Eddie Rwema)</author><enclosure url="https://gdb.voanews.com/09410000-0a00-0242-9474-08dadd512949_cx0_cy2_cw0_w800_h450.jpg" length="0" type="image/jpeg"/>
        </item>		
        <item>
            <title>Inama y&apos;Abayobozi b&apos;Afurika n&apos;Amerika.mp3</title>
            <description></description>
            <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6875559.html</link> 
            <guid>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6875559.html</guid>            
            <pubDate>Wed, 14 Dec 2022 02:44:08 +0200</pubDate>
            <category>Amajwi</category><category>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika</category>
        </item>		
        <item>
            <title>U Rwanda n&apos;Amerika Byasinye Amasezerano y&apos;Ubufatanye Mu Kirere</title>
            <description>Ku munsi wa mbere w’inama ihuza abayobozi b’Afurika n’Amerika hasinywe amasezerano y’ubufatanye mu kirere hagati ya Leta zunze ubumwe z’Amerika n’ibihugu bibiri bya Afurika; ari byo u Rwanda na Nijeriya.


Ibi bihugu by’Afurika bibaye ibya mbere bishyize umukono kuri ayo masezerano. Umuyobozi w’ikigo cya Leta zunze ubumwe z’Amerika gishinzwe ibijyanye n’ibyogajuru n’ubumenyi bw’ikirere Bill Nelson yavuze ko aya masezerano agamije gushyigikira ikoreshwaneza ry’ikirere no guhangana n’ibibazo...</description>
            <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6874649.html</link> 
            <guid>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6874649.html</guid>            
            <pubDate>Tue, 13 Dec 2022 18:59:43 +0200</pubDate>
            <category>Amakuru mu Karere</category><category>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika</category><author> voadigital@voanews.com (Eddie Rwema)</author><enclosure url="https://gdb.voanews.com/022a0000-0aff-0242-9cde-08dadd286810_w800_h450.jpeg" length="0" type="image/jpeg"/>
        </item>		
        <item>
            <title>Amerika Yiyemeje Guha Afurika Miliyari 55 z&apos;Amadolari ku Myaka Itatu</title>
            <description>Leta zunze ubumwe z’Amerika, yiyemeje kuzatanga miliyari 55 z’amadolari muri Afurika ku myaka itatu iri imbere. Perezida Joe Biden arakira inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika muri iki cyumweru no kuganira n’itsinda rito ry’abayobozi ibijyanye n’amatora yo mu mwaka wa 2023 na demokarasi ku mugabane w’Afurika.


Umujyanama mu by’umutekano w’igihugu muri perezidansi y’Amerika, Jake Sullivan, yavuze ko Amerika izanye “umutungo ku meza” muri iyi nama y’abakuru b’ibihugu. Yongeraho ko Leta...</description>
            <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6874397.html</link> 
            <guid>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6874397.html</guid>            
            <pubDate>Tue, 13 Dec 2022 16:37:07 +0200</pubDate>
            <category>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika</category><category>Muri Afurika</category><category>Kw&apos;isi</category><enclosure url="https://gdb.voanews.com/bb585d09-15c0-492d-85f6-6b1b3b6d9cc4_w800_h450.jpg" length="0" type="image/jpeg"/>
        </item>		
        <item>
            <title>Amerika Yemereye Afrika Imiriyaridi 55 z&apos;Amadolari</title>
            <description>Reta zunze ubumwe za Amerika yemeye kuzoha umugabane wa Afrika imiriyaridi 55 z’amadolari. Umuhanuzi mu bijanye n’umutekano muri White House, Jake Sullivan, yavuze kuri uyu wa mbere ko ayo mafaranga azotangwa mu kiringo c’imyaka itatu, akazofasha mu bisata bitandukanye.


Amerika yemeye ayo mafaranga imbere y’inama y’imisi itatu ihuza abakuru b’ibihugu 50 vya Afrika na Amerika kuva kuri uyu wa kabiri hano i Washington..


Jake Sullivan yavuze ko aya mafaranga azofasha mu bijanye...</description>
            <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6873823.html</link> 
            <guid>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/6873823.html</guid>            
            <pubDate>Tue, 13 Dec 2022 04:38:01 +0200</pubDate>
            <category>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika</category><enclosure url="https://gdb.voanews.com/03370000-0aff-0242-08ab-08dadc861bd8_w800_h450.png" length="0" type="image/png"/>
        </item>		
        <item>
            <title>Inama Hagati y’Amerika n&apos;Afrika</title>
            <description>Ingamba z’Amerika ku mugabane w’Afurika zubakiye ku ndangagaciro nyafurika kandi zikomatanya ibihugu byinshi byo kuri uyu mugabane. Izi ngamba zitsimbakaza imbaraga z’abikorera mu iterambere ry’ubukungu, ubuzima, ibikorwa-remezo, imari, ingufu zidahumanya, imihandagurikire y’ibihe, n’uburezi. </description>
            <link>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/inama-hagati-y-amerika-n-afrika/6873132.html</link> 
            <guid>https://www.radiyoyacuvoa.com/a/inama-hagati-y-amerika-n-afrika/6873132.html</guid>            
            <pubDate>Mon, 12 Dec 2022 21:43:15 +0200</pubDate>
            <category>Kw&apos;isi</category><category>Inama y’Abayobozi b’Afurika n’Amerika</category><enclosure url="https://gdb.voanews.com/09410000-0a00-0242-4a9d-08dadc787a2f_tv_w800_h450.jpg" length="0" type="image/jpeg"/>
        </item>		
        </channel></rss>