Uburinganire hagati y’abagore n’abagabo ni iki? Bwumvikana bute?
Thomas Kamilindi
WASHINGTON, DC —
Nyuma y’ikiganiro ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagabo mu Rwanda, Isaie Ubonimaniguha na Prince Maurice Ntiruhungwa babwiye umunyamabanga nshingwabikorwa wa RWAMREC (Umuryango uharanira gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina), Edouard Munyamaliza, ko bifuza gukomeza gusobanukirwa.
Uyu munsi, mu kindi kiganiro kiyobowe n'umunyamakuru w'Ijwi ry'AMerika Thomas Kamilindi, baribanda ku kibazo cy’uburinganire hagati y’abagore n’abagabo mu Rwanda.