U Rwanda Rurahakana Ibirego bya Loni ko Rushyigikira Umutwe wa M23

Abarobeli ba M23 bafashe uwo bakeka ko ari umurwanyi wa FDLR

Leta y’u Rwanda irahakana ibirego byo gushyigikira umutwe wa M23 bikubiye muri raporo y’itsinda ry’impuguke za LONI kuri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo.

Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa kane, ubutegetsi bwa Kigali bwavuze ko ibyo bushinjwa muri iyi raporo bishingiye ku bimenyetso bidafatika ndetse n’amakuru atizewe. Ku rundi ruhande, leta y’u Rwanda iremeranya n’ibyo iyi raporo ivuga kuri leta ya Kongo.

Eric Bagiruwubusa yaduteguriye iyi nkuru mu majwi ku buryo burambuye

Your browser doesn’t support HTML5

Raporo y'Abahinga ba ONU k'u Rwanda