Rwanda na Kongo Ntibirumvikana ku Kibazo cy'Impunzi z'Abanyarwanda

  • Etienne Karekezi

Ikibazo cy'impunzi gihora gisuzumwa mu nama zinyuranye

Inama ya gatatu ihuje u Rwanda, Republika iharanira demokrasi ya Kongo n’ishami rya ONU ryita ku mpunzi HCR yabereye i Kigali kw'italiki ya 20 na 21 y'ukwezi kwa gatandatu 2013.

Iyo nama yasuzumye ikibazo cy’impunzi z’abanyarwanda ziri muri Kongo, mu gihe italiki ntarengwa ya 30 y’uku kwezi kwa 6, yo kwambura abanyarwanda bahunze, uburenganzira bwo kwitwa impunzi yegereje
.
Umunyamakuru w'Ijwi ry'AMerika Etienne Karekezi arabaza minisitiri w’u Rwanda ushinzwe ibibazo by’ibiza n’impunzi niba hari imyanzuro iyo nama yumvikanyeho.

Your browser doesn’t support HTML5

Minisitiri Mukantabana ku kibazo cy'impunzi z'abanyarwanda